Introduction
Welcome to our Sermons and Biblical Teachings, where we explore the Word of God to discover the truth, grace, and new life revealed through Jesus Christ. “You will know the truth, and the truth will set you free.” — John 8:32
Sermons
Write an introduction that summarizes the expected outcomes of this course.
-
-
TUMBIRA YESU KRISTO WIKWIREBAHO
33Nuko rero namwe, umuntu wese muri mwe udasiga ibyo afite byose, ntashobora kuba umwigishwa wanjye.
33Nuko rero namwe, umuntu wese muri mwe udasiga ibyo afite byose, ntashobora kuba umwigishwa wanjye.
-
NO MU GAKIZA UTAZI KURERA NTAKWIYE KUBYARA
Gukura Tukagera ku Rugero rwa Kristo
Imana yahaye Itorero intumwa, abahanuzi, ababwirizabutumwa bwiza, abungeri n’abigisha, kugira ngo bategure abera gukora umurimo w’Imana no gukomeza Umubiri wa Kristo. Intego si uko abizera bahora ari abana mu kwizera, bateraganwa n’imiyaga yose y’inyigisho, ahubwo ni uko bakura mu kumenya Kristo, bakagira ubumwe mu kwizera, bakavuga ukuri mu rukundo, kugeza bageze ku rugero rushyitse rw’igihagararo cya Kristo. — Abefeso 4:11–15
Gukura Tukagera ku Rugero rwa Kristo
Imana yahaye Itorero intumwa, abahanuzi, ababwirizabutumwa bwiza, abungeri n’abigisha, kugira ngo bategure abera gukora umurimo w’Imana no gukomeza Umubiri wa Kristo. Intego si uko abizera bahora ari abana mu kwizera, bateraganwa n’imiyaga yose y’inyigisho, ahubwo ni uko bakura mu kumenya Kristo, bakagira ubumwe mu kwizera, bakavuga ukuri mu rukundo, kugeza bageze ku rugero rushyitse rw’igihagararo cya Kristo. — Abefeso 4:11–15
-
-
-
UMUNYESHURI AMENYERWA KU MBUTO ZA MWARIMU WE
Yesu atwigisha kunyura mu irembo rifunganye no kugendera mu nzira ijya mu bugingo, anatuburira kwirinda abahanuzi b’ibinyoma bashobora kugaragara nk’intama kandi imbere ari amasega aryana. Umuntu ntamenyekanira ku magambo cyangwa ku isura yo hanze gusa, ahubwo amenyekanira ku mbuto ze. Nk’uko igiti cyiza cyera imbuto nziza, ubuzima bw’umwigishwa nyakuri wa Kristo bugomba kugaragaza imbuto zihuje n’uwo akurikira. “Nuko muzabamenyera ku mbuto zabo.” — Matayo 7:13–20
Yesu atwigisha kunyura mu irembo rifunganye no kugendera mu nzira ijya mu bugingo, anatuburira kwirinda abahanuzi b’ibinyoma bashobora kugaragara nk’intama kandi imbere ari amasega aryana. Umuntu ntamenyekanira ku magambo cyangwa ku isura yo hanze gusa, ahubwo amenyekanira ku mbuto ze. Nk’uko igiti cyiza cyera imbuto nziza, ubuzima bw’umwigishwa nyakuri wa Kristo bugomba kugaragaza imbuto zihuje n’uwo akurikira. “Nuko muzabamenyera ku mbuto zabo.” — Matayo 7:13–20
-
SHISHOZA UTABIBA URUKUNGU CG UKABA URI URUKUMBI
Amasaka n’Urukungu
Yesu yigisha ko Ubwami bwo mu ijuru bugereranywa n’umurima wabibwemo imbuto nziza, ariko umwanzi akabibamo urukungu. Byombi birekerwa gukurana kugeza ku isarura, igihe Imana izabitandukanya. Uyu mugani utwigisha kwera imbuto nziza no kureka Imana ikaba ari Yo mucamanza ukiranuka. — Matayo 13:24–30
Amasaka n’Urukungu
Yesu yigisha ko Ubwami bwo mu ijuru bugereranywa n’umurima wabibwemo imbuto nziza, ariko umwanzi akabibamo urukungu. Byombi birekerwa gukurana kugeza ku isarura, igihe Imana izabitandukanya. Uyu mugani utwigisha kwera imbuto nziza no kureka Imana ikaba ari Yo mucamanza ukiranuka. — Matayo 13:24–30
-
Meet Your Instructor
I am Ildephonse Fayida, founder of Global Holy Ministries and Global Holy Church, a preacher and Bible teacher passionate about helping people discover the truth of God’s Word and grow as disciples of Jesus Christ. My sermons focus especially on God’s grace, our identity as His children, the New Covenant, salvation through Christ, spiritual growth, and Christian discipleship. Through biblical teaching, I seek to encourage believers to move beyond religious traditions, deepen their understanding of Scripture, and experience the freedom, love, and transforming grace found in Jesus Christ.